Umuraperi wo mu gihugu cya Tanzaniya Mangwea uheruka kwitaba Imana mu cyumweru gishize yashyinguwe kuri uyu wa Kabiri ku kibuga cya Leaders Club i Dar es Salaam
Nk’uko bigaragara muri amwe mu mafoto y’iyi mihango, abahanzi benshi baje kwifatanya n’umuryango we bari buzuye agahinda.
Dore amwe mu mafoto:



















TANGA IGITEKEREZO