00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Umukobwa wa Michael Jackson arwariye aho se yapfiriye

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 9 June 2013 saa 12:39
Yasuwe :

Nyuma yo kugerageza kwiyahura akajyanwa mu bitaro byo hafi ye, Paris Jackson, ubu yoherejwe mu bitaro Ise, Michael Jackson yapfiriyemo.
Ubwo yagombaga gukurikiranwa agera kuri 72 kuva aho ashakiye kwiyahura, Paris yoherejwe mu ibitaro bya Ucla Medical Center ari naho se umubyara, Micheal Jackson yarwariye mbere yo kwitaba Imana.
Ntibyashobokeye itangazamakuru gufata amashusho ya Paris ubwo yajyanwaga muri ibi bitaro, kuko bahise babuzwa n’abashinzwe kumurinda ubwo yahageraga
Michael (…)

Nyuma yo kugerageza kwiyahura akajyanwa mu bitaro byo hafi ye, Paris Jackson, ubu yoherejwe mu bitaro Ise, Michael Jackson yapfiriyemo.

Ubwo yagombaga gukurikiranwa agera kuri 72 kuva aho ashakiye kwiyahura, Paris yoherejwe mu ibitaro bya Ucla Medical Center ari naho se umubyara, Micheal Jackson yarwariye mbere yo kwitaba Imana.

Paris Jackson ubwo yajyanwaga mu bitaro

Ntibyashobokeye itangazamakuru gufata amashusho ya Paris ubwo yajyanwaga muri ibi bitaro, kuko bahise babuzwa n’abashinzwe kumurinda ubwo yahageraga

Michael Jackson ubwo yapfiraga muri ibi bitaro, bivugwa ko yazize indwara y’umutima, ubwo yatabarukaga ku itariki ya 25 Kamena 2009.

Kurikira amashusho ubwo paris Jckson yashyikirizwaga ibitaro bya Ucla,


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages