00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Umunyanamibiyakazi yegukanye irushanwa ya “Big Brother Africa”

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 26 August 2013 saa 01:10
Yasuwe :

Umunyanamibiyakazi Dillish Matthews kuri iki cyumweru, niwe watsinze irushanwa rya Big Brother Africa ku nshuro ya munani.
Dillish Matthews nyuma yo guhiga abandi yegukanyeibihumbi magana atatu 300.000 by’Amadolari (ni ukuvuga “Miliyoni ijana na mirongo icyenda n’esheshatu n’ibihumbi magana atanu (196,500.000Rwf) ushyize mu manyarwanda.
Yatsinze bagenzi be Elikem, Cleo, Melvin na Beverly bari bageranye ku mukino wa nyuma.
Ubusanzwe Dillish yari igisonga cya kabiri cya nyampinga wa za (…)

Umunyanamibiyakazi Dillish Matthews kuri iki cyumweru, niwe watsinze irushanwa rya Big Brother Africa ku nshuro ya munani.

Dillish Matthews nyuma yo guhiga abandi yegukanyeibihumbi magana atatu 300.000 by’Amadolari (ni ukuvuga “Miliyoni ijana na mirongo icyenda n’esheshatu n’ibihumbi magana atanu (196,500.000Rwf) ushyize mu manyarwanda.

Yatsinze bagenzi be Elikem, Cleo, Melvin na Beverly bari bageranye ku mukino wa nyuma.

Ubusanzwe Dillish yari igisonga cya kabiri cya nyampinga wa za kaminuza mu gihugu cya Benin aho yiga.

Urubuga myjoyonline rwanditse ko muri ibi birori kandi haririmbye abahanzi “Keko” wo mu gihugu cya Uganda, Ice Prince, R2Bees na DJ Ganyani.

Uyu mukino ukorwa hasurwa umwe umwe mu bakina uyu mukino, uko werekanwa ku ma televiziyo, ababikurikira bakagenda batora uwo banyuzwe n’uburyo abayeho iwe mu rugo.

Witabirwa n’ibihugu bitandukanye byo muri Afurika.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages