00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Wiz Khalifa yatangaje ko yamaze gushyingirwa na Amber Rose mu mategeko

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 11 July 2013 saa 08:40
Yasuwe :

Abinyujije ku rubuga rwa twitter rukurikirwa na miliyoni icumi z’abafana, Wiz Khalifa, w’imyaka 25, yatangaje ko yamasezeranye ku buryo bwemewe n’amategeko na Amber Rose, w’imyaka 29.
Wiz yagize ati “Njyewe na Amber twashyingiwe none.”
Amber nawe mu kanya gato yahise nawe yandika kuri twitter, nuko ashimangira aya makuru agira ati “yego, njyewe n’inshuti yanjye twashingiwe byemewe n’amategeko”
Urubuga TMZ ruheruka kwandika ko kuwa Kabiri w’icyumweru gishize aba bombi bari babonywe i (…)

Abinyujije ku rubuga rwa twitter rukurikirwa na miliyoni icumi z’abafana, Wiz Khalifa, w’imyaka 25, yatangaje ko yamasezeranye ku buryo bwemewe n’amategeko na Amber Rose, w’imyaka 29.

Wiz yagize ati “Njyewe na Amber twashyingiwe none.”

Amber nawe mu kanya gato yahise nawe yandika kuri twitter, nuko ashimangira aya makuru agira ati “yego, njyewe n’inshuti yanjye twashingiwe byemewe n’amategeko”

Urubuga TMZ ruheruka kwandika ko kuwa Kabiri w’icyumweru gishize aba bombi bari babonywe i Los Angeles bajya mu biro by’ubuyobozi bwandika abafuza gushyingirwa byemewe n’amategeko.

Bashyingiwe nyuma yo kubyarana umwana witwa Sebastian Taylor Thomaz.

Amber Rose washyingiwe na Wiz Khalifa yari yarabanje gukundana n'uyu Kanye West

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages