Mu gitaramo yagiriye mu gihugu cya Danemark, umuririmbyi Beyoncé yakubiswe agashyi ku kibuno n’umwe mu bafana be, ubwo yaririmbiraga abitabiriye ikigitaramo ku munsi w’ejo.
Ubwo Beyoncé yatambukaga hafi y’abafana be mu gitaramo,umusore umwe mu bafana be yabonye nta kindi yakora Beyoncé amutambutse imbere, ni ko gukubita ku kibuno cye ubwo yaririmbaga agenda hafi y’abafana be.
Nk’uko tubikesha urubuga 7sur7, ibi ntibyashimishije Beyoncé, kuko yahise areba ikijisho uyu mufana nubwo yari ari kuririmba, mu rwego rwo kugaragaza ko atabyishimiye, gusa abenshi ntibabashije kumenya ibyabaye kuri Beyoncé, kuko yahise yirengiza akomeza kuririmba nk’aho nta cyabaye.
Reba uko byagenze:



















TANGA IGITEKEREZO