00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Buruseli: Ibitaramo byagombaga kubera ibwami byahagaritswe

Yanditswe na

Patrick Munyentwari

Kuya 14 March 2013 saa 10:20
Yasuwe :

Ahagombaga kubera ibitaramo bitandukanye mu ngoro y’umwami i Buruseli, ubu ntihagikoreshwa kubera amazi aterwa n’urubura rwashotse ahari kuririmbirwa n’ahandi hasigaye atatuma hari abantu bsahahurira.
Inkuru dukesha urubuga 7sur7 ivuga ko igisenge cyari cyubatse mu kirahure ubu kitakibashije kwihanganira ishonga ry’urubura. Abashinzwe imirimo yo mu ngoro bagegerageza guhangana n’urwo rubura bakoresheje indobo n’ibindi bikoresho, ariko biranga biba iby’ubusa urubura rurabahagarika. (…)

Ahagombaga kubera ibitaramo bitandukanye mu ngoro y’umwami i Buruseli, ubu ntihagikoreshwa kubera amazi aterwa n’urubura rwashotse ahari kuririmbirwa n’ahandi hasigaye atatuma hari abantu bsahahurira.

Inkuru dukesha urubuga 7sur7 ivuga ko igisenge cyari cyubatse mu kirahure ubu kitakibashije kwihanganira ishonga ry’urubura. Abashinzwe imirimo yo mu ngoro bagegerageza guhangana n’urwo rubura bakoresheje indobo n’ibindi bikoresho, ariko biranga biba iby’ubusa urubura rurabahagarika.

Kugeza ubu ibitaramo byose byagombaga kuhabera muri iyi minsi byahagaritswe ku mpamvu z’umutekano w’abaririmbyi n’abagombaga kubyitabira.

Ubu hategerejwe uruhare rw’inzobere mu kurwana n’iki kibazo, ariko ngo ababishinzwe bakomeje kugaragaza ko batewe impungenge n’ibi bihe bishobora kutera izindi ngaruka.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages