00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Jay-Z na Justin Timberlake barateganya ibitaramo mu mijyi 12

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 12 March 2013 saa 07:38
Yasuwe :

Jay-Z na Justin Timberlake bazakorana ibitaramo bise” The Summer Stadium Tours”, bizaba hagati ya tariki 17 Nyakanga kugeza kuri 16 Kanama 2013. Aho bazataramira mu mijyi itandukanye yo k’umugabane w’u Burayi.
Inkuru dukesha MTV ivuga ko iyo mijyi bateganya kuzakoreramo ibitaramo akaba ari, Toronto, New York, Chicago, San Francisco, Los Angeles, Vancouver, Detroit, Baltimore, Boston, Philadelphia, Miami na Hershey.
Iyi nkuru ikaba ije isa n’iyemeza ibyo Justin Timberlake aherutse (…)

Jay-Z na Justin Timberlake bazakorana ibitaramo bise” The Summer Stadium Tours”, bizaba hagati ya tariki 17 Nyakanga kugeza kuri 16 Kanama 2013. Aho bazataramira mu mijyi itandukanye yo k’umugabane w’u Burayi.

Inkuru dukesha MTV ivuga ko iyo mijyi bateganya kuzakoreramo ibitaramo akaba ari, Toronto, New York, Chicago, San Francisco, Los Angeles, Vancouver, Detroit, Baltimore, Boston, Philadelphia, Miami na Hershey.

Iyi nkuru ikaba ije isa n’iyemeza ibyo Justin Timberlake aherutse kuvugira mu birori byo gutanga Grammy Awards aho yagize ati: “Turacyarimo kwitegura, ariko bizaba bishyushe, sinzi uburyo nabisobanura ariko biza bishimishije cyane”.

Indirimbo nshya ya Justin Timberlake afatanije na Jay Z bise Suit and Tie iri kuri album nshya ya Timberlake


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages