00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Hagiye gusozwa irushanwa ry’abahanzi b’abanyeshuri mu gitaramo “Isango na Muzika Party”

Yanditswe na
Kuya 28 November 2013 saa 06:45
Yasuwe :

Kuri uyu wa Gatandatu kuri Car Wash guhera saa munani z’amanywa hazabera igitaramo cyateguwe n’umunyamkuru Phil Piter afatanyije na Nono Noella mu rwego rwo gusoza amarushanwa yo kuririmba y’abanyeshuri bari mu biruhuko bikuru ndetse no guhuza abakunzi b’ikiganiro cyabo n’abandi bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda.
Mu bahanzi bakomeye bazaba bahari harimo King James, Knowless, Riderman, Jay Polly, Dream Boyz, Urban Boyz, Tom Close, Bruce Melody, Ama-G The Black, Fireman, Edouce, Green P, (…)

Kuri uyu wa Gatandatu kuri Car Wash guhera saa munani z’amanywa hazabera igitaramo cyateguwe n’umunyamkuru Phil Piter afatanyije na Nono Noella mu rwego rwo gusoza amarushanwa yo kuririmba y’abanyeshuri bari mu biruhuko bikuru ndetse no guhuza abakunzi b’ikiganiro cyabo n’abandi bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda.

Mu bahanzi bakomeye bazaba bahari harimo King James, Knowless, Riderman, Jay Polly, Dream Boyz, Urban Boyz, Tom Close, Bruce Melody, Ama-G The Black, Fireman, Edouce, Green P, Elion Victory, Khizzz, TBB, TNP, Social, Man martin, Mico, Edouce, Danny Nanone, Dominic Nic, Young Grace, Makanyaga.

Hazanagaragaramo kandi abakinnyi bazwi muri sinema nyarwanda barimo Manzi, Dj Denis, Fabiola, Willy Pappy Audace n’abandi.

Kwinjira muri iki gitaramo ni ukwishyura amafaranga ibihumbi bibiri y’u Rwanda (2000Rwf.

Nyuma yacyo, abatumiwe bazakomereza ibirori i Remera muri Hilltop Hotel ahari akabyiniro kitwa Club 9.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages