Muri gahunda y’ibitaramo bya “Hot Friday” biba buri wa Gatanu, muri Quelque Part Bar &Resto, tariki ya 11 Ukwakira hatahiwe abahanzi P F’la, Sandra Miraj, Jack B, K.I.P n’abandi.
Kwinjira bizaba ari ari ubuntu.
Muri iki gitaramo ngo aba bahanzi biteguye kwiyereka abafana babo mu mbaraga nshya bazanye, hamwe n’abahanzi nka Peter wise, DN Samu, Phiona Rend man n’abandi.
Benshi muri aba bahanzi bari bamaze igihe batumvikana, cyane cyane mu bitaramo.
Quelque Part Bar &Resto iherereye mu mujyi wa Kigali, mu nyubako yo kwa Rubangura, umuryango wa 118.



















TANGA IGITEKEREZO