00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Nyuma yo kuvugurura Zoom Side, uguze Mutzig eshatu arahabwa iya 4 y’ubuntu

Yanditswe na

IGIHE

Kuya 16 April 2014 saa 03:47
Yasuwe :

Ubuyobozi bwa Zoom Side Resto Bar, akabari gaherereye mu Mujyi wa Kigali ahitwa kwa Venant, buratangaza ko nyuma y’imirimo yo kuvugurura aho bakoreraga, bafungura ku mugaragaro kuri uyu wa Kane tariki 17 Mata aho umuntu wese unywa Mutzig uzagura amacupa atatu azajya yongezwa irya 4 ry’ubuntu.
DJ Bisoso umwe mu bashinze aka kabari, yavuze ko nyuma yo kuvugurura ubu ari Zoom Side nshya. Ati: “Ubu twavuguruye, imikorere n’ubwo yari myiza ubu twarushijeho kuyinoza, abakiriya bacu baze (…)

Ubuyobozi bwa Zoom Side Resto Bar, akabari gaherereye mu Mujyi wa Kigali ahitwa kwa Venant, buratangaza ko nyuma y’imirimo yo kuvugurura aho bakoreraga, bafungura ku mugaragaro kuri uyu wa Kane tariki 17 Mata aho umuntu wese unywa Mutzig uzagura amacupa atatu azajya yongezwa irya 4 ry’ubuntu.

Uguze Mutzig 3 yongezwa iya 4.

DJ Bisoso umwe mu bashinze aka kabari, yavuze ko nyuma yo kuvugurura ubu ari Zoom Side nshya. Ati: “Ubu twavuguruye, imikorere n’ubwo yari myiza ubu twarushijeho kuyinoza, abakiriya bacu baze bakomeze kumererwa neza muri Zoom Side nshya.”

Bisoso yavuze ko mu kongera gukora bazanye poromosiyo idasanzwe aho kuri uyu wa Kane tariki 17 mu cyo bise Take Over, umuntu wese uzagura amacupa 3 ya Mutzig azahabwa icupa rya 4 ry’ubuntu.

Mutzig muri Zoom Side ziraba zigurishwa kuri Promotion

Ubusanzwe Take Over, isanzwe ihuza aba-DJs bakomeye mu Rwanda aho bahurira hamwe bagakurikirana bakina imiziki kugeza bukeye.

Buri wa kane uguze Mutzig 3 yongezwa iya 4.

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages