Ubushakashatsi bwakorewe mu gihugu cy’u Bwongereza bwagaragaje ko rumwe mu rubyiruko rwitabira imyidagaduro kugira ngo rufatireyo ibiyobyabwenge no kugira ngo rukorereyo imibonano mpuzabitsina.
Huffington poste dukesha iyi nkuru ivuga ko ubushashatsi bwakorewe mu gihugu cy’u Bwongereza ku rubyiruko rugera 2000 rwitabira rwitabira ibirori by’ibyino, umwe kuri bane (1/4) yatangaje ko bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umuntu bahuriye mu birori badasazwe baziranye.
21 % bavuze ko bakoresheje ibiyobyabwenge, 13% bavuga ko bateza akavuyo mu birori.
N’ubwo bimeze gutya ariko abenshi mu bitabira ibirori bavuze ko baba bajyanywe n’impamvu y’ukuri ariyo gushimishwa n’ibirori (indirimbo), abo bakaba bagera kuri 45%.



















TANGA IGITEKEREZO