00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

U Bwongereza: Bamwe mu rubyiruko bajyanwa mu birori no gukora imibonano mpuzabitsina

Yanditswe na

Umurerwa Emma-Marie

Kuya 12 June 2013 saa 05:38
Yasuwe :

Ubushakashatsi bwakorewe mu gihugu cy’u Bwongereza bwagaragaje ko rumwe mu rubyiruko rwitabira imyidagaduro kugira ngo rufatireyo ibiyobyabwenge no kugira ngo rukorereyo imibonano mpuzabitsina.
Huffington poste dukesha iyi nkuru ivuga ko ubushashatsi bwakorewe mu gihugu cy’u Bwongereza ku rubyiruko rugera 2000 rwitabira rwitabira ibirori by’ibyino, umwe kuri bane (1/4) yatangaje ko bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umuntu bahuriye mu birori badasazwe baziranye.
21 % bavuze ko (…)

Ubushakashatsi bwakorewe mu gihugu cy’u Bwongereza bwagaragaje ko rumwe mu rubyiruko rwitabira imyidagaduro kugira ngo rufatireyo ibiyobyabwenge no kugira ngo rukorereyo imibonano mpuzabitsina.

Huffington poste dukesha iyi nkuru ivuga ko ubushashatsi bwakorewe mu gihugu cy’u Bwongereza ku rubyiruko rugera 2000 rwitabira rwitabira ibirori by’ibyino, umwe kuri bane (1/4) yatangaje ko bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umuntu bahuriye mu birori badasazwe baziranye.

21 % bavuze ko bakoresheje ibiyobyabwenge, 13% bavuga ko bateza akavuyo mu birori.

N’ubwo bimeze gutya ariko abenshi mu bitabira ibirori bavuze ko baba bajyanywe n’impamvu y’ukuri ariyo gushimishwa n’ibirori (indirimbo), abo bakaba bagera kuri 45%.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages