Umuraperi uri mu bahanzi bakunzwe cyane muri Uganda Navio agiye gushyingirwa n’umukobwa witwa Matilda.
Ibitangazamakuru byo muri Uganda byandikla ko ubu buzaba umwaka utaha, kandi ko bwitezwe kuzaba ibirori bikomeye.
Navio, ubusanzwe witwa Daniel Kigozi, azwi mu ndiribmo nka “Leka Kwenyumiriza”,
“Dream”, “One & Only” n’izindi.
Jose Chameleone agiye kuririmbira Imana”
Umuhanzi Jose Chameleone umenyerewe mu ndirimbo zisanzwe zitwa iz’isi agiye gusohora indirimbo yise “Tubonge’’, ivuga ku Mana.
Abajijwe ku by’iyi ndirimbo, Chameleone yagize ati “Ngomba kuyikora neza kurusha izindi zose kugira ngo bigaragarize abakunzi ba muzika nkora ko nshoboye injyana zose zaba iz’Isi ndetse n’izihimbaza Imana”.
Yongeraho ati “Amagambo nzagenderaho ndi gukora iyi ndirimbo ni iby’Imana yankoreye; mu byumweru byahize yandinze impanuka, uburwayi kandi dukeneye Imana muri iki gihe Isi yamaze kwangirika bikabije, tugomba ku menya ko buri wese afite urubanza ejo hazaza he”.



















TANGA IGITEKEREZO