00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Igitaramo gisoza umwaka mu Rwanda kizasusurutswa na Dj uvuye muri Amerika

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 12 December 2012 saa 10:25
Yasuwe :

Buri tariki ya nyuma y’umwaka, mu Rwanda haba igitaramo gikomeye gisoza umwaka kimaze kumenyerwa ku izina rya ‘Happy People’.
Icy’uyu mwaka kizaba kirimo Dj Fully Focus, usanzwe ukorera muri Amerika, kibere kuri National Library ku Kacyiru hafi ya Ambassade y’Abanyamerika.
Aganira na IGIHE, Aime Crispin, umwe mubategura Happy People, yavuze ko kizatangira saa yine z’ijoro kigeze saa moya za mu gitondo. Yavuze ko ibyo kunywa no kurya bizaba bihari nk’uko bisanzwe.
Yongeyeho ko agashya (…)

Buri tariki ya nyuma y’umwaka, mu Rwanda haba igitaramo gikomeye gisoza umwaka kimaze kumenyerwa ku izina rya ‘Happy People’.

Icy’uyu mwaka kizaba kirimo Dj Fully Focus, usanzwe ukorera muri Amerika, kibere kuri National Library ku Kacyiru hafi ya Ambassade y’Abanyamerika.

Aganira na IGIHE, Aime Crispin, umwe mubategura Happy People, yavuze ko kizatangira saa yine z’ijoro kigeze saa moya za mu gitondo. Yavuze ko ibyo kunywa no kurya bizaba bihari nk’uko bisanzwe.

Yongeyeho ko agashya muri iki gitaramo ari ubuhanga buzagaragazwa n’uyu mu DJ hamwe n’abandi basanzwe bamenyerewe mu Rwanda, nka DJ Khalim n’abandi.

Avuga kandi ko hazaturitswa ibishashi by’umuriro (Fireworks) muri iki gitaramo, kwinjira muri bikazaba amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi (10,000 Rwf).


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages