00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Mu minsi ine gusa irimo n’Ubunani Riderman yakoresheje agera ku bihumbi 500

Yanditswe na

Vénuste Kamanzi

Kuya 3 January 2013 saa 05:23
Yasuwe :

Gusengera, gusura inshuti, kwishimisha n’ibindi mu gihe cy’iminsi mikuri isoza umwaka; byatwaye umuraperi Riderman amafaranga agera ku bihumbi 500.
Ubwo twaganiraga na Riderman mu masaha ya saa yine z’ijoro ryo ku ya mbere Mutarama 2013, yagize ati “Kugeza kuri uyu mwanya ko maze gukoresha amafaranga menshi cyane! muri iyi minsi ari no mu minsi mikuru, guhura ninshuti, gusengera, gusengererwa,…ari hagati y’ibihumbi 400 na 500 ariko ntabwo ari munsi y’ibihumbi 500, ntibishoboka!”
Twifuje (…)

Gusengera, gusura inshuti, kwishimisha n’ibindi mu gihe cy’iminsi mikuri isoza umwaka; byatwaye umuraperi Riderman amafaranga agera ku bihumbi 500.

Ubwo twaganiraga na Riderman mu masaha ya saa yine z’ijoro ryo ku ya mbere Mutarama 2013, yagize ati “Kugeza kuri uyu mwanya ko maze gukoresha amafaranga menshi cyane! muri iyi minsi ari no mu minsi mikuru, guhura ninshuti, gusengera, gusengererwa,…ari hagati y’ibihumbi 400 na 500 ariko ntabwo ari munsi y’ibihumbi 500, ntibishoboka!”

Twifuje kumenya ikigereranyo cy’amafaranga ubusanzwe akoresha ku munsi atubwira ko bigoye kuyabara, kuko ngo biterwa na gahunda aba yagize. Ngo hari igihe aba yihaye akaruhuko, uwo munsi rero ntakoresha amafaranga menshi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages