00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Muri Quelque Part kuri uyu wa Gatandatu harizihirizwa umunsi w’amavuko wa 2 Pac

Yanditswe na

IGIHE

Kuya 16 June 2012 saa 04:02
Yasuwe :

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanda tariki ya 16 Kamena 2012 muri Quelque Part Restaurant & Bar kwa Rubangura mu Mujyi wa Kigali rwagati harabera igitaramo cyo kwizihizaisabukuru y’amavuko ya nyakwigendera 2 Pac wari kuba yujurijeho imyaka 40 iyo aza kuba akiriho.
Icyo gitaramo nk’uko Ntakirutimana Diogène bita Caguwa wagiteguye yabitangarije IGIHE kiraba kirimo abaraperi batandukanye barimo nka Jay Polly, Bulldogg, P Fla n’abandi.
Muri iki gitaramo kandi kiramurikirwamo bimwe mu (…)

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanda tariki ya 16 Kamena 2012 muri Quelque Part Restaurant & Bar kwa Rubangura mu Mujyi wa Kigali rwagati harabera igitaramo cyo kwizihizaisabukuru y’amavuko ya nyakwigendera 2 Pac wari kuba yujurijeho imyaka 40 iyo aza kuba akiriho.

Icyo gitaramo nk’uko Ntakirutimana Diogène bita Caguwa wagiteguye yabitangarije IGIHE kiraba kirimo abaraperi batandukanye barimo nka Jay Polly, Bulldogg, P Fla n’abandi.

Muri iki gitaramo kandi kiramurikirwamo bimwe mu bikoresho byakoreshwaga na 2 Pac ndetse n’iby’umugorewe.

Ku isaha ya saa yine z’umugoroba nibwo igitarabo kiba gitangiye kigeze mu gitondo cyo ku Cyumweru, kwinjira ni amafaranga y’u Rwanda igihumbi kimwe.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages