Kugira ngo abantu bajyaga bahuzwa na Facebook bahure imbonankubone, hateguwe igitaramo Facebook Party kugira ngo baganire banamenyane birushijeho.
By’umwihariko iki gitaramo kizatangwamo ubuhamya bw’abantu bagiye bahuzwa na Facebook bakaba bageze ku bintu bikomeye, nko kubaka ingo, ubucuruzi, akazi n’ibindi.
Iki gitaramo kirimo agashya k’uko umusore wabashije kuryamana n’abakobwa icyenda bose abateretera kuri facebook aza kugaragara muri Facebook Party.
Igitaramo biteganyijwe ko kiba kuri uyu wa 17 Ugushyingo 2012 i Kigali.



















TANGA IGITEKEREZO