Hirya no hino muri Kigali hagiye habera ibitaramo byo kwizihiza umunsi mukuru w’Abankundana (Valentine’s Day). Aya ni amwe mu mafoto IGIHE.com cyabashioje kubona ya bimwe mu bitaramo byabereye muri Kigali, aho abantu bahuriye ngo bizihize umunsi w’abakundana. Harimo kuri Mama Africa (kwa Cobra), aho abahanzi Tom Close, Knowless na Dr Claude baririmbye. Ahandi ni Passadena ahabereye ibirori byiswe ’Gukunda’. Haragaragaramo kandi amafoto y’isabukuru y’umunyamakuru Anita Pendo yabaye ku munsi w’Abakundana.


















TANGA IGITEKEREZO