00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Yamurikiye ibitabo bye 9 mu bukwe bwe

Yanditswe na
Kuya 31 May 2012 saa 02:16
Yasuwe :

Umwanditsi mukuru (Chief Editor) w’urubuga rw’ubushakashatsi mu Kinyarwanda, Wikirwanda.org, akaba umusizi, umwanditsi, umuhanga mu mateka n’umuco, ubuvanganzo n’ibitekerezo, ibisakuzo, imivugo n’ibisigo by’u Rwanda, Jean de Dieu Nsanzabera aherutse kumurika ibitabo bye 10 ku munsi we w’ubukwe bwabaye kuwa 25 Werurwe uyu mwaka wa 2012.
Twifuje kubagezaho amafoto y’ubukwe bwe, ashyingirwa na Agashami Uwanyagasani Ange Theodette.
Ibyo bitabo Umusizi yamuritse ku munsi w’ubukwe bwe ni:
1. (…)

Umwanditsi mukuru (Chief Editor) w’urubuga rw’ubushakashatsi mu Kinyarwanda, Wikirwanda.org, akaba umusizi, umwanditsi, umuhanga mu mateka n’umuco, ubuvanganzo n’ibitekerezo, ibisakuzo, imivugo n’ibisigo by’u Rwanda, Jean de Dieu Nsanzabera aherutse kumurika ibitabo bye 10 ku munsi we w’ubukwe bwabaye kuwa 25 Werurwe uyu mwaka wa 2012.

Twifuje kubagezaho amafoto y’ubukwe bwe, ashyingirwa na Agashami Uwanyagasani Ange Theodette.
Ibyo bitabo Umusizi yamuritse ku munsi w’ubukwe bwe ni:

1. Subira ku isoko
2. Imitoma y’abato
3. Umwambaro w;u butaka
4. Ikeshamvugo mukinyarwanda
5. Imizi y’u Rwanda
6. Umuco n’ubuvanganzo
7. Ingizi yabwo ntiyabugaruriwe (ikinamico)
8. Inka z’indatwa (amazina y’inka)
9. Ibyivugo by’imyato (ibyivugo)

Uretse kuba ari umwanditsi, Umusizi ni gacamigani, umuhanzi n’umuririmbyi akaba na rwiyemezamirimo ufite isosiyete SOFUN Ltd icukura amabuye y’agaciro. Yabaye umurezi (umwarimu) wigisha ibijyane n’umuco n’amateka y’u Rwanda.

Ni intiti itekerereza Ingoma akaba n’umuhanga mu kuvuga amahamba n’amazina y’inka mu mihango ijyanye no gusaba no gukwa.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages