Producer Nicolas ni umwe mu bantu batunganya indirimbo, twaramusuye aho akorere i Gikondo kuri Merez ya Mbere tuganira nawe, muri iyi nkuru igizwe n’amafoto turaza kwibanda cyane ku bantu n’ibintu twasanzwe iwe mu Studio ye yitwa “Narrow Road”.
Aya ni amwe mu mafoto twafashe ubwo twamusuraga aho akorera kuri uyu wa 23 Mata 2012.
Aya mafoto yafotowe na Ruzindana RUGASA



















TANGA IGITEKEREZO