00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Jules Sentore agiye kumurika Album ya mbere

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 27 September 2013 saa 05:46
Yasuwe :

Tariki ya 27 Ukwakira 2013 muri Serena Hotel, umuhanzi Jules Sentore azakora igitaramo yise “Have Udatsitira” cyo kumurika Album ye ya mbere yise yise “Uraho Neza”.
Muri iki gitaramo Sentore azaba ashyigikiwe n’abahanzi b’inararibonye mu muziki Masamba na Mariya Yohana .
Aganira na IGIHE, Masamba yavuze ko ubu Jules Sentore ari mu mwiherero, aho ari gutegurira abakunzi be kuzabereka igitaramo cyiza cya LIVE.
Sentore we yabwiye IGIHE ko yatumiye abahanzi yubaha cyane ku munsi wo (…)

Tariki ya 27 Ukwakira 2013 muri Serena Hotel, umuhanzi Jules Sentore azakora igitaramo yise “Have Udatsitira” cyo kumurika Album ye ya mbere yise yise “Uraho Neza”.

Jules Sentore wamenyekanye cyane mu ndirimbo Udatsikira

Muri iki gitaramo Sentore azaba ashyigikiwe n’abahanzi b’inararibonye mu muziki Masamba na Mariya Yohana .

Aganira na IGIHE, Masamba yavuze ko ubu Jules Sentore ari mu mwiherero, aho ari gutegurira abakunzi be kuzabereka igitaramo cyiza cya LIVE.

Sentore we yabwiye IGIHE ko yatumiye abahanzi yubaha cyane ku munsi wo kumrurika Album ye ya mbere.

Yagize ati “Ubwo nzaba murika Album yanjye bizaba bimeze nk’ubukwe, nzaririmba n’ijwi ryanjye ry’umwimerere n’ibyuma”.

Sentore yamamaye mu gucuranga gakondo ari kumwe na Masamba

Have Udatsikira ya Jules Sentore na Masamba:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages