00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Mani Martin na Ras Kayaga baririmbye mu iserukiramuco rya Bayimba

Yanditswe na
Kuya 21 September 2013 saa 02:04
Yasuwe :

Aherekejwe na Ras Kayaga, umuhanzi Mani Martin yaririmbye mu iserukiramuco mpuzamahanga ry’ubuhanzi ‘Bayimba International Festival’ kuri uyu wa Gatadatu tariki ya 20 Nzeri 2013; mu mujyi wa Jinja, muri Uganda.
Nk’uko bigaragara ku mafoto, Mani Martin na Ras Kayaga baririmbanye imbaraga ndetse banacurangira abari bitabiriye iri serukira bifashishije ibicurangisho bya muzika n’amajwi yabo.
Mbere yo kwitabira iri serukiramuco, mani Martin yari yatangarije IGIHE ko mu kwitabira iri (…)

Aherekejwe na Ras Kayaga, umuhanzi Mani Martin yaririmbye mu iserukiramuco mpuzamahanga ry’ubuhanzi ‘Bayimba International Festival’ kuri uyu wa Gatadatu tariki ya 20 Nzeri 2013; mu mujyi wa Jinja, muri Uganda.

Mani Martin aririmba

Nk’uko bigaragara ku mafoto, Mani Martin na Ras Kayaga baririmbanye imbaraga ndetse banacurangira abari bitabiriye iri serukira bifashishije ibicurangisho bya muzika n’amajwi yabo.

Mbere yo kwitabira iri serukiramuco, mani Martin yari yatangarije IGIHE ko mu kwitabira iri serukiramuco yifuzaga kwereka abamutumiye ko hari icyo u Rwanda kandi ko yari yizeye ko azashimisha abafana.

Ras Kayaga (Maguru) acuranga gitari

Iri serukiramuco ry’iminsi itatu ryatangiye kuwa Gatanu tariki ya 20 Nzeri rikazarangira kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Nzeli 2013.

Muri iri serukiramuco kandi hagaragayemo abandi banyarwanda, aribo David Nkurunziza waserukiye u Rwanda mu gufotora na IBAlab wahagarariye u Rwanda mu gufata amashusho.

Mani Martin yahagarariye u Rwanda mu muziki muri Uganda
Mani Martin na IBAlab, mu iserukiramuco rya Bayimba

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages