00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Paccy yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Touch My Body” yakoranye na Urban Boyz

Yanditswe na

Dean Irak

Kuya 19 September 2013 saa 01:55
Yasuwe :

Umuraperi Paccy ararushaho kugaragariza abafana be ibikorwa bishya mu muziki; ubu yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Touch My Body” yakoranye na Urban Boyz.
Aya mashusho yatunganyijwe na Producer Meddy Menz wo muri Uganda muri The Supel Level, studio isanzwe ikorerwamo na Urban Boyz.
Aganira na IGIHE, Oda yagize ati “Agashya kuri aya mashusho ni imikorere mishya itandukanye n’iyo nari nsanzwe nkoramo”.
Yongeraho ati “Kandi muri iyi minsi bazabona ibikorwa byanjye bishya, birimo (…)

Umuraperi Paccy ararushaho kugaragariza abafana be ibikorwa bishya mu muziki; ubu yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Touch My Body” yakoranye na Urban Boyz.

Aya mashusho yatunganyijwe na Producer Meddy Menz wo muri Uganda muri The Supel Level, studio isanzwe ikorerwamo na Urban Boyz.

Paccy mu mashusho y'indirimbo ye nshya yise "Touch My Body"
Safi, usanzwe uzwiho gusetsa cyane akorakora ku mukobwa muri iyi ndirimbo

Aganira na IGIHE, Oda yagize ati “Agashya kuri aya mashusho ni imikorere mishya itandukanye n’iyo nari nsanzwe nkoramo”.

Yongeraho ati “Kandi muri iyi minsi bazabona ibikorwa byanjye bishya, birimo indirimbo nshyashya yitwa umusirimu nakoreye muri Bridge Records hamwe na Junior Multisystem”.

Paccy arizeza abafana be kubaha indirimbo nyinshi kandi zinoze

Paccy, uzwi ku izina rya Miss President, aheruka gushyira hanze indirimbo Rimwe yakoranye na Butera Knowless, ubu akaba ari kuyikorera amashusho.

Reba amashusho y’indirimbo Touch Your Body:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages