Umuhanzi Rwirangira Alpha watangiye kumenyekana mu marushanwa y’umuziki Tusker Project Fame, yagaragaye ku rutonde rw’abahanzi bakunzwe mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba.
Mu bushakashatsi urubuga hipipo.com rwo muri Uganda rwakoze ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook ku buryo abahanzi bakunzwe muri aka karere, Rwirangira aza ku mwaya wa 15.
Alpha Rwirangira ni we muhanzi rukumbi w’Umunyarwanda ugaragara kuri uru rutonde, umubare munini w’abarugaragaraho ukaba ari uw’Abanyakenya.
Ubu Rwirangira ari muri Amerika mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Urutonde rw’uko abahanzi bakurikirana



















TANGA IGITEKEREZO