00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Bruce Melodie yagiranye amasezerano y’umwaka na ‘Super Level’

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 24 May 2013 saa 08:45
Yasuwe :

Bruce Melodie umuhanzi umaze kwigaragaza cyane mu njyana ya R&B, kuri ubu yaba amaze kugirana amasezerano angina n’umwaka akorana n’inzu itunganya ibihangano “Studio” yitwa “Super Level”. Kimwe mu byatumye Bruce Melodie yerekeza muri iyo studio, ni uko ashaka kurushaho gukorana n’abahanzi benshi bakorera muri “Super Level”.
Aganira na IGIHE, Melodie yagize ati: “Imwe mu mpamvu yatumye ngirana amasezerano angina n’igihe cy’umwaka na studio ya “Super Level”, ni uko nshaka kwagura (…)

Bruce Melodie umuhanzi umaze kwigaragaza cyane mu njyana ya R&B, kuri ubu yaba amaze kugirana amasezerano angina n’umwaka akorana n’inzu itunganya ibihangano “Studio” yitwa “Super Level”. Kimwe mu byatumye Bruce Melodie yerekeza muri iyo studio, ni uko ashaka kurushaho gukorana n’abahanzi benshi bakorera muri “Super Level”.

Aganira na IGIHE, Melodie yagize ati: “Imwe mu mpamvu yatumye ngirana amasezerano angina n’igihe cy’umwaka na studio ya “Super Level”, ni uko nshaka kwagura ibihangano byanjye kandi nkanarushaho guha abakunzi banjye ibintu bifite ireme, ntibivuze ko aho nakoreraga hari icyo nababuranye, oya rwose ni uko nshaka kuba nakorera ahandi”.

Iyi niyo nzu itunganya ibihangano ya "Super Level" Melodi yerekejemo.

Bruce Melodie, nta studio bari bafitanye amasezerano.

Umva indirimbo "Ndarangisha" ya Bruce Melodie.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages