00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Christopher afite indirimbo nshya izatuma yigarurira imitima ya benshi muri PGGSSIII

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 26 April 2013 saa 04:05
Yasuwe :

Christopher wamenyekanye cyane ku ndirimbo “ Iri joro”, nyuma akaza gukora indirimbo nyinshi zagiye zikundwa harimo: “ Uwo munsi, Uwo ninde, Habona, Byanze”, ndetse n’izindi yagiye akorana n’abahanzi batandukanye. Kuri ubu yaba yashyize hanze indirimbo nshya yise “Birahagije” avuga ko ari indirimbo ifite byinshi izamufasha mu irushanwa rya PGGSSIII.
Aganira na IGIHE, Christopher yagize ati: “ Ntabwo byoroshye mu irushanwa nkaririya kuvuga ko ari wowe uzaryegukana, gusa bisaba uburyo (…)

Christopher wamenyekanye cyane ku ndirimbo “ Iri joro”, nyuma akaza gukora indirimbo nyinshi zagiye zikundwa harimo: “ Uwo munsi, Uwo ninde, Habona, Byanze”, ndetse n’izindi yagiye akorana n’abahanzi batandukanye. Kuri ubu yaba yashyize hanze indirimbo nshya yise “Birahagije” avuga ko ari indirimbo ifite byinshi izamufasha mu irushanwa rya PGGSSIII.

Aganira na IGIHE, Christopher yagize ati: “ Ntabwo byoroshye mu irushanwa nkaririya kuvuga ko ari wowe uzaryegukana, gusa bisaba uburyo bwinshi ugomba gukora kugira ngo uhindure imitima ya bamwe barusheho kukwiyumvamo, niyo mpamvu rero numva mfite byinshi nzerekana batari banziho”.

Christopher ni umuhanzi umaze imyaka igera kuri ibiri amenyekanye ariko akaba yaragiriwe icyizere cyo kwitabira irushanwa rya PGGSSIII ku nshuro ye ya mbere.

Umva indirimbo nshya ya Christopher " Birahagije".



KANDA HANO USHOBORE KUMVA

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages