00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ciara mu ndirimbo ye nshya “Body Party” yahisemo kuyikorana n’umukunzi we

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 26 April 2013 saa 01:54
Yasuwe :

Umuhanzi w’Umunyamerika uzwi ku izina rya Ciara, kuri ubu yahisemo gukoresha umukunzi we mu mashusho y’indirimbo ye nshya yise “ Body Party”, abaye umwe mu bahanzi bahisemo gukoresha abakunzi babo nyuma ya Beyonce.
Inkuru dukesha Bongo5, iravuga ko mu ndirimbo ya Ciara nshya “Body Party”, yabonye ko atari ngombwa ko yashaka undi muhungu bayikorana, ahitamo gutumira umukunzi we nawe uririmba injyana ya HipHop kuba ariwe yakoresha muri ayo mashusho.
Mu mashusho y’iyi ndirimbo nshya ya (…)

Umuhanzi w’Umunyamerika uzwi ku izina rya Ciara, kuri ubu yahisemo gukoresha umukunzi we mu mashusho y’indirimbo ye nshya yise “ Body Party”, abaye umwe mu bahanzi bahisemo gukoresha abakunzi babo nyuma ya Beyonce.

Inkuru dukesha Bongo5, iravuga ko mu ndirimbo ya Ciara nshya “Body Party”, yabonye ko atari ngombwa ko yashaka undi muhungu bayikorana, ahitamo gutumira umukunzi we nawe uririmba injyana ya HipHop kuba ariwe yakoresha muri ayo mashusho.

Mu mashusho y’iyi ndirimbo nshya ya Ciara uzwiho impano yo kubyina neza , agaragaza ko ari umukunzi we koko hari uburyo amwitwaraho bidakunze gukorerwa kuri buri musore wese.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages