00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Emmy Kul Kid , umuraperi uri guhesha ishema u Rwanda muri Afurika y’Epfo

Yanditswe na

Hamenya John Robert

Kuya 18 September 2013 saa 09:04
Yasuwe :

Emmeline Nizeyimana, w’imyaka 21, ni Umunyarwandakazi uzi ku izina rya Emmy Kul Kid mu buhanzi akorera muri Afurika y’Epfo, aririmba mu njyana ya Hip-Hop.
Atangira umuziki yaririmbaga mu njyana zitandukanye harimo East African Dancehall, ariko nyuma aza guhitamo Hip Hop kubera ko ariyo yiyumvagamo cyane aza kuba ariyo akomeza.
Mu 2010, nibwo Emmy Kul Kid yasohoye indirimbo ye yambere yise “Be My Friend”.
Zimwe mu mbogamizi Kul Kid yakunze guhura nazo mu muzi we ni uko atigeze (…)

Emmeline Nizeyimana, w’imyaka 21, ni Umunyarwandakazi uzi ku izina rya Emmy Kul Kid mu buhanzi akorera muri Afurika y’Epfo, aririmba mu njyana ya Hip-Hop.

Atangira umuziki yaririmbaga mu njyana zitandukanye harimo East African Dancehall, ariko nyuma aza guhitamo Hip Hop kubera ko ariyo yiyumvagamo cyane aza kuba ariyo akomeza.

Mu 2010, nibwo Emmy Kul Kid yasohoye indirimbo ye yambere yise “Be My Friend”.
Zimwe mu mbogamizi Kul Kid yakunze guhura nazo mu muzi we ni uko atigeze asinyana n’inzu n’imwe itunganya umuziki, ahubwo we yagiye awukora ku giti cye yewe nta na Kampani ikomeye cyangwa se abandi bashoramari yabonye bamufasha mu iterambere ry’umuziki we.

Kul Kid ni umuhanzi wifitiye icyizere kandi uhamya ko impano ye ishobora kumugeze ku rwego mpuzamahanga, akamamara hose mu njyana akora yiganjemo umwimerere w’umudiho wa kinyafurika, injyana ikunzwe cyane muri Afurika y’I Burasirazuba.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages