Tariki ya 13 na 14 Nyakanga imbyino n’indirimbo nibyo bizaba biyoboye Kigali mu iserukiramuco ryiswe Kigali Up rizabera kuri Stade Amahoro i Remera. Iri serukiramuco ritegurwa n’abahanzi barimo Mighty Popo ku bufatanye na Positive Production.
Umunyarwandakazi Nicole Musoni usanzwe uba muri Canada, ni umwe mu bahanzi bakomeye bazitabira iri rushanwa, uyu Nicole akaba ari mu Rwanda.
Biteganijwe kandi ko na Nirere Shanel, wari ugiye kumara hafi umwaka yiga iby’umuziki mu Bufaransa, azaba ari mu Rwanda kuko azaza tariki ya 10 Nyakanga.
Amakuru menshi wayasanga ku rubuga rwa Kigali Up Festival http://www.kigaliup.com/
Dore urutonde rw’abandi bahanzi bazitabira iri serukiramuco:
- Joey Blake (USA)
- Habib Koité (Mali)
- Maia Von Lokow (Kenya),
- Tony Osanah (Brazil / Argentina)
- Lion Story – (Burundi)
- Jay Polly – (Rwanda)
- Riderman – ( Rwanda)
- Gaby – (Rwanda)
- Nubian Gypsies – (Rwanda)
- Ras Kayaga – (Rwanda)
- Impala – (Rwanda)
- Makanyaga – (Rwanda)
- Babou – (Rwanda)
- Rafiki – (Rwanda)
- Safa Papy John – (Rwanda)
- Dream Boyz – (Rwanda)
- Patrick Nyamitari – (Rwanda)
- Mani Martin – (Rwanda)
- Ikobe – (Rwanda/Congo)
- Liza Kamikazi – (Rwanda)
- Blessed Sisters – (Rwanda)
- Alarme – (Rwanda)
- Urunana – (Rwanda)
- Strong Voice – (Rwanda)



















TANGA IGITEKEREZO