00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Mama w’umuraperi ’Benzo’ yitabye Imana azize indwara

Yanditswe na

Audace Willy Mucyo

Kuya 19 May 2013 saa 09:55
Yasuwe :

Umuhanzi ukiri muto ‘Kubwimana Gilbert’ uzwi ku izina rya “Benzo” ukora Hip Hop wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka ‘Icyizere’, ‘Inzira’, ‘Nema’, n’izindi yapfushije nyina mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki 19 Gicurasi 2013.
Uyu muraperi wari ukiri muto, apfushije mama we azize indwara yamaranye iminsi, ariko akaba yararembye ku wa kane ndetse akajya muri ‘coma’, maze aza gushiramo umwuka mu ijoro ryakeye.
Imihango yo kumeherekeza iteganyije ku gicamunsi cyo kuri iki (…)

Umuhanzi ukiri muto ‘Kubwimana Gilbert’ uzwi ku izina rya “Benzo” ukora Hip Hop wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka ‘Icyizere’, ‘Inzira’, ‘Nema’, n’izindi yapfushije nyina mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki 19 Gicurasi 2013.

Uyu muraperi wari ukiri muto, apfushije mama we azize indwara yamaranye iminsi, ariko akaba yararembye ku wa kane ndetse akajya muri ‘coma’, maze aza gushiramo umwuka mu ijoro ryakeye.

Imihango yo kumeherekeza iteganyije ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru.

Reba indirimbo ye "Nema" hano:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages