00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ntabwo imyambarire ivuga imico- Sacha Kat

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 18 April 2013 saa 10:41
Yasuwe :

Agasaro Sandrine umuhanzikazi uzwi cyane ku izina rya Sacha Kat, kuri ubu arasobanura kuba umuhanzi yambara imyenda migufi, cyangwa undi umuntu wese usanzwe, ko ari uburara. Sacha avuga ko umuhanzi yambara imyenda bitewe n’indirimbo agiye kuririmbira imbaga.
Aganira na IGIHE, Sacha Kat yagize ati: “ Ntabwo kuba umuntu yambara imyenda migufi bivuga kuba yabaye ikirara cyangwa yananiranye nk’uko abantu benshi babivuga, ahubwo k’umuhanzikazi biterwa n’indirimbo agiye kuririmba, bikongera (…)

Agasaro Sandrine umuhanzikazi uzwi cyane ku izina rya Sacha Kat, kuri ubu arasobanura kuba umuhanzi yambara imyenda migufi, cyangwa undi umuntu wese usanzwe, ko ari uburara. Sacha avuga ko umuhanzi yambara imyenda bitewe n’indirimbo agiye kuririmbira imbaga.

Aganira na IGIHE, Sacha Kat yagize ati: “ Ntabwo kuba umuntu yambara imyenda migufi bivuga kuba yabaye ikirara cyangwa yananiranye nk’uko abantu benshi babivuga, ahubwo k’umuhanzikazi biterwa n’indirimbo agiye kuririmba, bikongera bigaterwa n’ahantu agiye kujya, sinumva rero ukuntu abantu bakagize ikibazo ku myambarire aho bakarebye ibikorwa by’umuntu”.

Sacha Kat ni umuhanzikazi wamenyekanye vuba bitewe no kuba yari inshuti y’umwe mu basore bagize itsinda rya Urban Boys witwa Nizzo.

Amwe mu mafoto ya Sacha Kat:

Reba amashusho y’indirimbo “ Wowe” ya Sacha Kat.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages