00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Nyuma yo kuvugwaho kwica Kanumba "Lulu" yagarutse muri filime

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 23 April 2013 saa 08:22
Yasuwe :

Elizabeth Michael wamenyekanye ku izina rya ”Lulu”, yongeye gukina filime ye ya mbere kuva yafungurwa mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, aho yagizwe umwere ku cyaha cyo kwica uwari umukinnyi wa Filime wakunzwe cyane mu gihugu cya Tanzania Steven Kanumba.
Hashimu Kambi umukinnyi wa Film mu gihugu cya Tanzania, kuri ubu niwe wemeje ko arimo gukinana filime na Lulu wamaze igihe kinini atavuga rumwe n’abakunzi ba Filime muri Tanzania. Gusa kugeza ubu ntiharatangazwa izina ry’iyo filime bitewe (…)

Elizabeth Michael wamenyekanye ku izina rya ”Lulu”, yongeye gukina filime ye ya mbere kuva yafungurwa mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, aho yagizwe umwere ku cyaha cyo kwica uwari umukinnyi wa Filime wakunzwe cyane mu gihugu cya Tanzania Steven Kanumba.

Hashimu Kambi umukinnyi wa Film mu gihugu cya Tanzania, kuri ubu niwe wemeje ko arimo gukinana filime na Lulu wamaze igihe kinini atavuga rumwe n’abakunzi ba Filime muri Tanzania. Gusa kugeza ubu ntiharatangazwa izina ry’iyo filime bitewe n’impamvu z’umukinnyi Lulu wanze ko rishyirwa hanze kuko abantu benshi barimo gukoresha izina rye mu bikorwa bibi, anaboneraho umwanya wo gusaba abantu bakoresha izina rye mu nyungu zabo ko babihagarika.

Uyu mwana w’umukobwa aherutse kuzuza imyaka 18, ni umwe mu bakobwa muri Tanzania bameze kumenyekana cyane kubera impano zabo bakiri bato.

Lulu wahoze ari umukunzi wa Kanumba
Imwe mu mafoto y'ifatwa ry'iyo filime Lulu arimo gukora

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages