00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Simbarizwa muri “The Super Level”- Amag The Black

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 16 April 2013 saa 08:57
Yasuwe :

Hakizimana Amani uzwi cyane ku izina rya Amag The Black, kuri ubu arasobanura ko atari mu itsinda ry’abahanzi babarizwa mu nzu itunganya ibihangano izwi ku izina rya “The Super Level”, ahubwo ko akoreramo nk’abandi bahanzi bakorera muri iyo nzu.
Aganira na IGIHE, Amag The Black yagize ati: “Njye ntago ndi umuhanzi ubarizwa muri studio ya The Super Level, nkoreramo indirimbo nk’uko umuhanzi wese yakoreramo, bisobanuke rero njye ndi umuhanzi ushobora gukorera mu nzu itunganya muzika iyo (…)

Hakizimana Amani uzwi cyane ku izina rya Amag The Black, kuri ubu arasobanura ko atari mu itsinda ry’abahanzi babarizwa mu nzu itunganya ibihangano izwi ku izina rya “The Super Level”, ahubwo ko akoreramo nk’abandi bahanzi bakorera muri iyo nzu.

Aganira na IGIHE, Amag The Black yagize ati: “Njye ntago ndi umuhanzi ubarizwa muri studio ya The Super Level, nkoreramo indirimbo nk’uko umuhanzi wese yakoreramo, bisobanuke rero njye ndi umuhanzi ushobora gukorera mu nzu itunganya muzika iyo ariyo yose.”

Amag The Black ni umwe mu bahanzi barimo gukorana n’abahanzi benshi indirimbo zitandukanye.

Reba indirimbo "Ibitenge" irimo Amag The Black.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages