Nyuma y’aho usanga abahanzi bo mu Rwanda bamwe na bamwe bavugwaho ibintu bitandukanye, haba kwambara nabi cyangwa kutiyitaho mu buryo butandukanye, kuri ubu hari inyogosho abahanzi benshi bamaze kugenda bashyira ku mitwe yabo.
Tumaze gukora ubushakashatsi ku mafoto y’abahanzi batandukanye ba hano mu Rwanda ndetse n’amashusho agaragara mu ndirimbo zabo, twakoze urutonde rwa bamwe mu bahanzi bafite inyogosho zitandukanye.
Reba amwe mu mafoto y’inyogosho z’abahanzi bo mu Rwanda.



















TANGA IGITEKEREZO