00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

USA: Ganza yashyize hanze amashusho y’indirimbo ihuriyemo abahanzi 10

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 9 May 2013 saa 07:20
Yasuwe :

Umunyarwanda utunganya amashusho uzwi ku izina rya Ganza Didier, wamenyekanye mu Rwanda nk’umubyinnyi akaba yari n’umunyamakuru kuri CFM, kuri ubu ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yashyize hanze amashusho y’indirimbo yakoze ihuriyemo abahanzi bagera ku 10 bakomoka mu gihugu cya Afurika y’Epfo bise “ Pantsula”
Ganza Didier niwe uheruka gutunganya amashusho y’indirimbo “African swagger” ya Alpha Rwirangira afatanyije na Rah P, ndetse n’izindi nyinshi.
Ganza kuri ubu afite inzu (…)

Umunyarwanda utunganya amashusho uzwi ku izina rya Ganza Didier, wamenyekanye mu Rwanda nk’umubyinnyi akaba yari n’umunyamakuru kuri CFM, kuri ubu ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yashyize hanze amashusho y’indirimbo yakoze ihuriyemo abahanzi bagera ku 10 bakomoka mu gihugu cya Afurika y’Epfo bise “ Pantsula”

Ganza Didier niwe uheruka gutunganya amashusho y’indirimbo “African swagger” ya Alpha Rwirangira afatanyije na Rah P, ndetse n’izindi nyinshi.

Ganza kuri ubu afite inzu itunganya ibihangano by’abahanzi izwi nka ‘Africa Entertainment’ ibarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Reba amashusho y’indirimbo " Pantsula" yakozwe na Ganza ihuriyemo abahanzi 10.

Reba African Swagger ya Alpha afatanyije na Rah P.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages