00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

USA: Meddy, The Ben, na K8 bashyize hanze amashusho y’indirimbo “Ndi uw’ i Kigali”

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 5 June 2013 saa 10:14
Yasuwe :

Abahanzi bagize itsinda rya “Press One” rikorera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, aribo The Ben, Meddy na K8 Kavuyo bashyize hanze amashuho y’indirimbo bahuriyemo bise “Ndi Uw’i Kigali” yakozwe na Cedru ndetse na Licklick wakoze amajwi. Iyi ndirimbo yari imaze iminsi ivugwaho n’abantu batandukanye bakurikirana muzika nyarwanda uburyo ikozemo kwashimishije benshi.
Nk’uko yabitangarije IGIHE, Meddy yagize ati: “Nk’uko abanyarwanda batigeze badutererana muri muzika yacu, niyo mpamvu natwe (…)

Abahanzi bagize itsinda rya “Press One” rikorera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, aribo The Ben, Meddy na K8 Kavuyo bashyize hanze amashuho y’indirimbo bahuriyemo bise “Ndi Uw’i Kigali” yakozwe na Cedru ndetse na Licklick wakoze amajwi. Iyi ndirimbo yari imaze iminsi ivugwaho n’abantu batandukanye bakurikirana muzika nyarwanda uburyo ikozemo kwashimishije benshi.

Nk’uko yabitangarije IGIHE, Meddy yagize ati: “Nk’uko abanyarwanda batigeze badutererana muri muzika yacu, niyo mpamvu natwe tudateze kuzabibagirwa kuko tugomba kujya turushaho kubagezaho ibihangano byacu kandi bikoze neza, ndakomeza kubashimira uburyo mutwereka urukundo mudufitiye ndetse n’uburyo mwakira ibihangano byacu, Imana ikomeze ibahe umugisha”.

Akomeza avuga ko nyuma y’indirimbo ‘Ndi uw’i Kigali” baza gukomeza gukorana imbaraga.

Reba amashusho y’indirimbo "Ndi uw’i Kigali".


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages