00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Yabise amadebe bamwereka ko ari amadebe koko- DJ Adams

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 19 April 2013 saa 08:13
Yasuwe :

DJ Adams umwe mu banyamakuru batajya bapfana ijambo, aho usanga kenshi aterana hejuru n’abahanzi kubera ibikorwa bya bamwe bitamunyura birimo kutaririmba by’umwimerere no kwigana indirimbo z’abandi akunze kwita "Gushishura", kuri ubu aravuga ko abanyamakuru bakora imyidagaduro ko ari amadebe koko.
Aganira na IGIHE, DJ Adams yagize ati: “ Natunguwe cyane no kubona umuhanzi wari ufite abakunzi benshi nka Jay Polly ataza mu marushanwa ya PGGSS III kuko ngo yabise amadebe, ubwose aho (…)

DJ Adams umwe mu banyamakuru batajya bapfana ijambo, aho usanga kenshi aterana hejuru n’abahanzi kubera ibikorwa bya bamwe bitamunyura birimo kutaririmba by’umwimerere no kwigana indirimbo z’abandi akunze kwita "Gushishura", kuri ubu aravuga ko abanyamakuru bakora imyidagaduro ko ari amadebe koko.

Aganira na IGIHE, DJ Adams yagize ati: “ Natunguwe cyane no kubona umuhanzi wari ufite abakunzi benshi nka Jay Polly ataza mu marushanwa ya PGGSS III kuko ngo yabise amadebe, ubwose aho batamwerekeye ko ari amadebe nihe? Nifuza ko twateza umuziki imbere dushingiye kumpano z’abahanzi, nibwo tuzahindura muzika nyarwanda”.

DJ Adams ni umwe mu banyamakuru barwanyije abahanzi baririmbiraga kuri CD, kugeza ubu abahanzi benshi ntibagikozwa CD kuko bakoresha amajwi yabo.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages