00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Chris Brown afite ikibazo cy’umukobwa yakoresheje mu mashusho y’indirimbo ye

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 29 March 2013 saa 11:05
Yasuwe :

Chris Brown umuhanzi ukora injyana ya R&B, kuri ubu yaba afite ikibazo cy’uko yakoreshe mu ndirimbo ye umunyamideri (model), ukomoka mu gihugu cy’ Ubushinwa. Kugeza ubu impamvu atangaza ko yaba afite ikibazo, arabiterwa n’umukunzi we Rihanna utajya apfa kwihanganira abakobwa Chris Brown akoresha mu mashusho y’indirimbo ze.
Nk’uko tubikesha thesun, Chris Brown afite inyeke kuri uwo mukobwa kuko Rihanna ashobora kutazihanganira uburyo iyo ndirimbo ye yayikoranye n’uwo mukobwa. Rihanna (…)

Chris Brown umuhanzi ukora injyana ya R&B, kuri ubu yaba afite ikibazo cy’uko yakoreshe mu ndirimbo ye umunyamideri (model), ukomoka mu gihugu cy’ Ubushinwa. Kugeza ubu impamvu atangaza ko yaba afite ikibazo, arabiterwa n’umukunzi we Rihanna utajya apfa kwihanganira abakobwa Chris Brown akoresha mu mashusho y’indirimbo ze.

Nk’uko tubikesha thesun, Chris Brown afite inyeke kuri uwo mukobwa kuko Rihanna ashobora kutazihanganira uburyo iyo ndirimbo ye yayikoranye n’uwo mukobwa. Rihanna kugeza ubu yahagaritse bimwe mu bitaramo yateganyaga gukorera mu mujyi wa Boston muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Mu ifatwa amashusho ry'iyo ndirimbo
Chris Brown n'umunyamideri
Imodoka nshya ya Chris Brown

Mu minsi ishize Rihanna akaba yaratangaje ko agiye kubyarana na Chris Brown.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages