Chris Brown umuhanzi ukora injyana ya R&B, kuri ubu yaba afite ikibazo cy’uko yakoreshe mu ndirimbo ye umunyamideri (model), ukomoka mu gihugu cy’ Ubushinwa. Kugeza ubu impamvu atangaza ko yaba afite ikibazo, arabiterwa n’umukunzi we Rihanna utajya apfa kwihanganira abakobwa Chris Brown akoresha mu mashusho y’indirimbo ze.
Nk’uko tubikesha thesun, Chris Brown afite inyeke kuri uwo mukobwa kuko Rihanna ashobora kutazihanganira uburyo iyo ndirimbo ye yayikoranye n’uwo mukobwa. Rihanna kugeza ubu yahagaritse bimwe mu bitaramo yateganyaga gukorera mu mujyi wa Boston muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Mu minsi ishize Rihanna akaba yaratangaje ko agiye kubyarana na Chris Brown.



















TANGA IGITEKEREZO