00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Depite Rose Mukantabana akunda indirimbo zituje

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 1 April 2013 saa 09:59
Yasuwe :

Mukantabana Rose umuyobozi w’umutwe w’abadepite ni umwe wagize igitekerezo cyo gutinyura abagore kuba bajya mu buyozi aho ariwe wayoboye inteko nshingamategeko. Yavukiye mu karere ka nyanza mu ntara y’amajyepfo, amashuri ye ya kaminuza yayarangije mu 1992. Nk’uko abivuga yemeza ko kuva cyera yakundaga injyana zituje.
Abitangariza Sunday night yagize ati” njye kuva cyera nakundaga indirimbo zituje, kuko nibwo wumva ubutumwa buri mu ndirimbo kurusha kumva izindi ziba zifite ingoma gusa akaba (…)

Mukantabana Rose umuyobozi w’umutwe w’abadepite ni umwe wagize igitekerezo cyo gutinyura abagore kuba bajya mu buyozi aho ariwe wayoboye inteko nshingamategeko. Yavukiye mu karere ka nyanza mu ntara y’amajyepfo, amashuri ye ya kaminuza yayarangije mu 1992. Nk’uko abivuga yemeza ko kuva cyera yakundaga injyana zituje.

Abitangariza Sunday night yagize ati” njye kuva cyera nakundaga indirimbo zituje, kuko nibwo wumva ubutumwa buri mu ndirimbo kurusha kumva izindi ziba zifite ingoma gusa akaba arizo wumva kurusha kumva ubutumwa buyirimo”. Yakomeje atangaza ko umukino yakundaga gukina cyera akiri mu mashuri, ari umukino wa volleyball.

Mukantabana Rose niwe muyobozi w’inteko nshingamategeko umutwe w’abadepite.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages