00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Fearless arashyira hanze indirimbo 2 ingunga nyuma y’Icyunamo

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 26 March 2013 saa 03:41
Yasuwe :

Niyonsenga Keza Amina uzwi ku izina rya Fearless Stamina, kuri ubu aravuga ko amaze gukora indirimbo zigera kuri ebyiri arizo, “Ndahari na Icyerekezo” akaba azazishyira k’umugaragaro nyuma y’icyunamo.
Aganira na IGIHE, Fearless yagize ati “ Ubu mpugiye mu gukora amashusho y’indirmbo “Ndahari” nakoranye n’umuraperi Ndayishimiye Bertrand bita Bull Dogg”. Fearless yakomeje avuga ko ibyo akora byose abifashwamo n’umubyeyi we, ariko muri iyi minsi ahugiye cyane mu kureba ko yashyira (…)

Niyonsenga Keza Amina uzwi ku izina rya Fearless Stamina, kuri ubu aravuga ko amaze gukora indirimbo zigera kuri ebyiri arizo, “Ndahari na Icyerekezo” akaba azazishyira k’umugaragaro nyuma y’icyunamo.

Aganira na IGIHE, Fearless yagize ati “ Ubu mpugiye mu gukora amashusho y’indirmbo “Ndahari” nakoranye n’umuraperi Ndayishimiye Bertrand bita Bull Dogg”. Fearless yakomeje avuga ko ibyo akora byose abifashwamo n’umubyeyi we, ariko muri iyi minsi ahugiye cyane mu kureba ko yashyira ahagaragara indirimbo z’amashusho ati “ Ndimo gukora amashusho y’indirimbo zanjye arizo “Ndahari na Icyerekezo”, Nkaba nteganya ko zasohoka nyuma y’icyunamo”.

Reba amashusho y’indirimbo "Mana Mfasha" ya Fearless

Fealess yamenyekanye cyane mu mashusho z’indirimbo nka “Sipiriyani” y’abasore bagize itsinda rya Urban Boys, ndetse na “Nyorohereza” yaririmbwe n’itsinda rya Just Family bafatanyije na Jay Polly.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages