00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Francis Bakets yashyize hanze indirimbo ivuga ku mateka y’u Rwanda

Yanditswe na

Audace Willy Mucyo

Kuya 8 April 2013 saa 09:04
Yasuwe :

Umuhanzi akaba n’umunyamategeko w’umwuga, Francis Bakets, yashyize hanze indirimbo iva imuzingo amwe mu mateka y’u Rwanda n’Abanyarwanda.
Muri iyi ndirimbo yise "Amateka y’Abanyarwanda" hakubiyemo amwe mu mateka yaranze imibanire y’Abanyarwanda n’uko yagiye ihindurwa n’amateka kugeza ubwo Jenoside iba.
Mu kiganiro na IGIHE, Francis Bakets yagize ati: "Nakoze iyi ndirimbo mu rwego rwo kwibutsa Abanyarwanda amateka twubakiyeho, kugira ngo tumenye aho twavuye bityo tumenye aho tujya." (…)

Umuhanzi akaba n’umunyamategeko w’umwuga, Francis Bakets, yashyize hanze indirimbo iva imuzingo amwe mu mateka y’u Rwanda n’Abanyarwanda.

Muri iyi ndirimbo yise "Amateka y’Abanyarwanda" hakubiyemo amwe mu mateka yaranze imibanire y’Abanyarwanda n’uko yagiye ihindurwa n’amateka kugeza ubwo Jenoside iba.

Mu kiganiro na IGIHE, Francis Bakets yagize ati: "Nakoze iyi ndirimbo mu rwego rwo kwibutsa Abanyarwanda amateka twubakiyeho, kugira ngo tumenye aho twavuye bityo tumenye aho tujya."

Yatangaje ko hakubiyemo amateka ya mbere ya Jenoside n’itegurwa ryayo, ayo mu gihe cya Jenoside kugeza aho tugeze ubu.

Yumve hano:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages