Nyuma y’aho Karrueche atandukaniye na Chris Brown ubwo Chris yasubiranaga na Rihanna, kuri ubu yashyize k’umugaragaro ko afite umukunzi we mushya ariwe John Wall ukina umupira w’intoki Basketball.
Nk’uko tubikesha dailmail, Karrueche atangaza ko afite umukunzi nyuma y’aho yababajwe cyane na Chris Brown wamuretse kandi ntacyo bapfuye.
Karrueche kandi avuga ko we ndetse na Rihanna nta kibazo bafitanye kugeza ubu.



















TANGA IGITEKEREZO