00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Karrueche yerekanye umukunzi we mushya

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 6 April 2013 saa 09:24
Yasuwe :

Nyuma y’aho Karrueche atandukaniye na Chris Brown ubwo Chris yasubiranaga na Rihanna, kuri ubu yashyize k’umugaragaro ko afite umukunzi we mushya ariwe John Wall ukina umupira w’intoki Basketball.
Nk’uko tubikesha dailmail, Karrueche atangaza ko afite umukunzi nyuma y’aho yababajwe cyane na Chris Brown wamuretse kandi ntacyo bapfuye.
Karrueche kandi avuga ko we ndetse na Rihanna nta kibazo bafitanye kugeza ubu.

Nyuma y’aho Karrueche atandukaniye na Chris Brown ubwo Chris yasubiranaga na Rihanna, kuri ubu yashyize k’umugaragaro ko afite umukunzi we mushya ariwe John Wall ukina umupira w’intoki Basketball.

Nk’uko tubikesha dailmail, Karrueche atangaza ko afite umukunzi nyuma y’aho yababajwe cyane na Chris Brown wamuretse kandi ntacyo bapfuye.

Karrueche kandi avuga ko we ndetse na Rihanna nta kibazo bafitanye kugeza ubu.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages