Lady Gaga ku isabukuru y’imyaka 27 yaraye aguze igare riteye nk’iry’abamugaye rikoze muri zahabu.
Lady Gaga yatangiye gukoresha iri Gare ry’abamugaye ryo mubwoko bwa “ Wheelchair “, Muri Gashyantare 2013, nyuma yo kugira ikibazo mu igufwa ry’itako ry’iburyo bikaba byaratumye asubika urugendo rwe rwa Born this way ball ndetse biza no kumuviramo kubagwa.
Nubwo Lady Gaga arwaye yakomeje kumenyekanisha umubavu (parfum) we witwa Fame, Kandi album ye nshyashya igiye gusohoka ikazaba yitwa “ARTPOP “, ikazagaragara mu minsi iri imbere.



















TANGA IGITEKEREZO