00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Danny Nanone avuga ko muzika itatunga umuntu nta kindi akora

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 7 June 2013 saa 09:03
Yasuwe :

Danny Nanone ni umwe mu bahanzi bakora injyana ya HipHop, kuri ubu akaba ari mu bahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS III mu 2013. Danny avuga ko kuba baririmba batabona amafaranga ahagije ku buryo yagutunga nta kindi gikorwa ufite ukora, ko bisaba kuba ufite ikindi gikorwa cyagufasha kubona andi mafaranga.
Aganira na IGIHE, Danny Nanone yagize ati” ntibyoroshye kuba umuhanzi yatungwa n’amafaranga abona muri muzika, kuko ntabwo twari twagera aho umuntu atungwa n’ibihangano bye gusa nta kindi (…)

Danny Nanone ni umwe mu bahanzi bakora injyana ya HipHop, kuri ubu akaba ari mu bahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS III mu 2013. Danny avuga ko kuba baririmba batabona amafaranga ahagije ku buryo yagutunga nta kindi gikorwa ufite ukora, ko bisaba kuba ufite ikindi gikorwa cyagufasha kubona andi mafaranga.

Aganira na IGIHE, Danny Nanone yagize ati” ntibyoroshye kuba umuhanzi yatungwa n’amafaranga abona muri muzika, kuko ntabwo twari twagera aho umuntu atungwa n’ibihangano bye gusa nta kindi gikorwa ufite kiguha amafaranga”.

Kuri ubu Danny Nanone arabarizwa muri studio yitwa “Bridge Record” nyuma y’aho aviriye muri KINA Music, Danny aheruka gushyira hanze indirimbo nshya yise “ Narya Dance”.

umva indirimbo ’Narya Dance" ya Danny Nanone


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages