Umuhanzi Dr Claude wamenyekanye cyane mu ndirimbo (Igikara), kuri ubu aravuga ko impavu atarimo gukora cyane muri muzika, ari uko yugarijwe n’ubusaza. Dr Claude akomeza avuga atigeze areka muzika nk’uko bivugwa na benshi.
Aganira na IGIHE, Dr Claude yagize ati” ubusaza bumereye nabi ariko muzika yo ndimo ndashaka gutangirana n’ukwezi kwa Gicurasi nkora ibkorwa byinshi bitandukanye muri muzika. Ibyo bikorwa navuga nko gukora ibitaramo byinshi bitandukanye, kuko kuri ubu mfite indirmbo y’icyunamo yarangiye”.
Reba indirimbo "Baramujyanye" ya Dr Claude.
Dr Claude ni umwe mu bahanzi bakunda kurangwa n’urwenya rwinshi iyo ari kumwe n’abahanzi bagenzi be cyangwa n’inshuti ze.



















TANGA IGITEKEREZO