Patrick Nyamitali wakunzwe cyane mu ndirimbo “Niwe Mesiya” arasaba abanyarwanda gukomera muri iyi minsi y’icyunamo. Yavuze nk’abanyarwanda dukwiye kurushaho guharanira kwigira.
Aganira na IGIHE, Patrick yagize ati”biragoye cyane kuba umuntu yazibagirwa Jenoside yakorewe abatutsi, gusa twese nk’abanyarwanda turusheho guharanira kwigira kandi tureba imbere hacu heza hazaza, tunasaba Imana gukomeza kutuba imbere muri gahunda zacu dufite nk’abanyarwada”.
Nyamitali kugeza ubu arimo gutegura gushyira hanze album ya kabiri mu minsi micye.
Reba amashusho y’indirimbo "Twigire ku Mateka" ya Patrick Nyamitali .



















TANGA IGITEKEREZO