00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Nyamitali arasaba abanyarwanda gukomera mu cyunamo

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 6 April 2013 saa 11:33
Yasuwe :

Patrick Nyamitali wakunzwe cyane mu ndirimbo “Niwe Mesiya” arasaba abanyarwanda gukomera muri iyi minsi y’icyunamo. Yavuze nk’abanyarwanda dukwiye kurushaho guharanira kwigira.
Aganira na IGIHE, Patrick yagize ati”biragoye cyane kuba umuntu yazibagirwa Jenoside yakorewe abatutsi, gusa twese nk’abanyarwanda turusheho guharanira kwigira kandi tureba imbere hacu heza hazaza, tunasaba Imana gukomeza kutuba imbere muri gahunda zacu dufite nk’abanyarwada”.
Nyamitali kugeza ubu arimo gutegura (…)

Patrick Nyamitali wakunzwe cyane mu ndirimbo “Niwe Mesiya” arasaba abanyarwanda gukomera muri iyi minsi y’icyunamo. Yavuze nk’abanyarwanda dukwiye kurushaho guharanira kwigira.

Aganira na IGIHE, Patrick yagize ati”biragoye cyane kuba umuntu yazibagirwa Jenoside yakorewe abatutsi, gusa twese nk’abanyarwanda turusheho guharanira kwigira kandi tureba imbere hacu heza hazaza, tunasaba Imana gukomeza kutuba imbere muri gahunda zacu dufite nk’abanyarwada”.

Nyamitali kugeza ubu arimo gutegura gushyira hanze album ya kabiri mu minsi micye.

Reba amashusho y’indirimbo "Twigire ku Mateka" ya Patrick Nyamitali .


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages