00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Prezzo azitabira igitaramo muri Tanzania

Yanditswe na

Hakizimana Thamimu & Joel Rutaganda

Kuya 3 April 2013 saa 07:20
Yasuwe :

Ku nshuro ya mbere umwe mu bahanzi bakomeye muri Hip hop mur’ Afurika y’iburasirazuba, Jackson Makini uzwi ku izina rya Prezzo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Mata 2013, ategerejwe mu igitaramo mbaturamugabo kizabera mu mujyi wa Dar es Salam mu Gihugu cya Tanzaniya .
Icyo gitaramo biteganyijwe ko kizabera ahitwa “New Maisha Club”, aho kugeza ubu abakunzi be bamutegereje ari benshi kubera indirimbo ze nyinshi bakunda harimo iyitwa “Nateta Action, na For sure 4 Shizzle, na “ Ma city ma (…)

Ku nshuro ya mbere umwe mu bahanzi bakomeye muri Hip hop mur’ Afurika y’iburasirazuba, Jackson Makini uzwi ku izina rya Prezzo, kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Mata 2013, ategerejwe mu igitaramo mbaturamugabo kizabera mu mujyi wa Dar es Salam mu Gihugu cya Tanzaniya .

Icyo gitaramo biteganyijwe ko kizabera ahitwa “New Maisha Club”, aho kugeza ubu abakunzi be bamutegereje ari benshi kubera indirimbo ze nyinshi bakunda harimo iyitwa “Nateta Action, na For sure 4 Shizzle, na “ Ma city ma Town”, n’izindi nyinshi.

Igitaramo cya Prezzo kizaba kirimo abahanzi benshi bakomeye bo muri Tanzaniya. Kujya muri icyo gitaramo bikazaba ari amashiringi ibihumbi 10 yo muri Tanzania n’amashiringi ibihumbi 20 muri VIP. Icyi gitaramo cya Prezzo cyateguwe n’ikigo Unity Enterainment.

Reba amashusho y’indirimbo "Mimi na Wewe" ya Prezzo afatanyije na Ally B


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages