00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Salax Awards 2012: Uko abahanzi bashyizwe mu byiciro

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 18 January 2013 saa 10:16
Yasuwe :

Ikirezi Group cyashyize ahagaragara urutonde rw’abahanzi bahatana mu irushanwa rya Salax Awards Edition 5, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Mutarama 2012.
Emma Claudine Ntirenganya, umuyobozi wa Ikirezi Group yavuze ko aba bahanzi bashyizwe mu byiciro hashingiwe ku majwi abanyamakuru 57 bakora iby’imyidagaduro n’aba Djs batanze.
Yagize ati “Aba bahanzi batoranyijwe hagendewe ku byemejwe n’abanyamakuru 57 bakorera ibitangazamakuru bitandukanye byo mu Rwanda ndetse n’inararibonye muri (…)

Ikirezi Group cyashyize ahagaragara urutonde rw’abahanzi bahatana mu irushanwa rya Salax Awards Edition 5, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Mutarama 2012.

Emma Claudine Ntirenganya, umuyobozi wa Ikirezi Group yavuze ko aba bahanzi bashyizwe mu byiciro hashingiwe ku majwi abanyamakuru 57 bakora iby’imyidagaduro n’aba Djs batanze.

Yagize ati “Aba bahanzi batoranyijwe hagendewe ku byemejwe n’abanyamakuru 57 bakorera ibitangazamakuru bitandukanye byo mu Rwanda ndetse n’inararibonye muri muzika.”

Kuva ku wa kabiri w’iki cyumweru niho amatora azatangira ku mugaragaro isaa moya za mu gitondo.

Icyitonderwa: Uru rutonde rw’abahanzi rugaraga mu byiciro hakurikijwe Ordre Alphabetique

Dore inyandiko y’umwimerere yatanzwe na Ikirezi Group


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages