00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Sinjya mu bapfumu- Riderman

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 26 March 2013 saa 09:47
Yasuwe :

Gatsinzi Emely uzwi cyane ku izina rya Riderman nyuma y’aho umwe mu bacuranga indirimbo z’abahanzi nyarwanda, DJ Bob, amushyize mu majwi ko yaba araguza kugira ngo arusheho kuba icyamamare, avuga ko akoresha impano ye yahawe n’Imana, ibyo atabikora.
Aganira na IGIHE, Riderman yavuze ko mu minsi ishize amakuru yasakaye hose ko we na DJ Zizou baba baragiye mu bapfumu kugira ngo bahakure ubushobozi bwo kurushaho kumenyekana mu ruhando rwa muzika, bababeshye. Ati “Uwiteka ni we mwungeri (…)

Gatsinzi Emely uzwi cyane ku izina rya Riderman nyuma y’aho umwe mu bacuranga indirimbo z’abahanzi nyarwanda, DJ Bob, amushyize mu majwi ko yaba araguza kugira ngo arusheho kuba icyamamare, avuga ko akoresha impano ye yahawe n’Imana, ibyo atabikora.

Aganira na IGIHE, Riderman yavuze ko mu minsi ishize amakuru yasakaye hose ko we na DJ Zizou baba baragiye mu bapfumu kugira ngo bahakure ubushobozi bwo kurushaho kumenyekana mu ruhando rwa muzika, bababeshye. Ati “Uwiteka ni we mwungeri wanjye sinzakena. Sinigeze njya mu bapfumu kandi sinzigera mbajyamo na rimwe, kuko nkunda gusenga ntabwo nagana muri iyo nzira.”

Kuri ubu Riderman ni umwe mu bahanzi bazitabira amarushanwa ya PGGSS muri uno mwaka.

Reba mu ifatwa ry’amashusho y’indirimbo "Igicaniro" ya Riderman.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages