Umuhanzi Victor Fidel, umwe mu bari bagize itsinda the Brothers, yasohoye indirimbo ku giti cye yise ‘Hobe Ibyansize’, akaba yarayikoze yahinduye izina akoresha mu buhanzi.
Ubusanzwe uyu muhanzi yamenyekanye muri The Brothers rigizwe n’abahanzi batatu yitwa Victor Fidel, ubu akaba yitwa Koudou.
Victor Fidel si we wa mbere ugaragaje ko yifuza gukora wenyine no kubaka izina rye atari mu itsinda, kuko mugenzi we Danny Vumbi yabanje kwiyomora kuri The Brothers ariko akomeza gukorana n’iri tsinda yubakiyemo izina.



















TANGA IGITEKEREZO