00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Rwanda Film Festival : Filimi ziracyakirwa

Yanditswe na

Audace Willy Mucyo

Kuya 1 May 2013 saa 11:29
Yasuwe :

Abategura iserukiramuco ngarukamwaka rya filimi ribera mu Rwanda mu Rwanda, baratangaza ko kugeza na n’ubu bacyakira ibihangano bya filimi by’abifuza ko bazaryitabira muri uyu mwaka w’2017, ku nshuro yaryo ya 9.
Ubwo bamenyeshaga abantu aho bigeze ubushize, yatangaje ko bamaze kwakira filimi 120, none ubu bakaba bamaze kwakira izisaga 150, ndetse imiryango ikaba igifunguye kugeza mu ntangiriro za Gicurasi, aho abakora filimi bose ku isi, by’umwihariko abo mu karere k’ibiyaga binini, (…)

Abategura iserukiramuco ngarukamwaka rya filimi ribera mu Rwanda mu Rwanda, baratangaza ko kugeza na n’ubu bacyakira ibihangano bya filimi by’abifuza ko bazaryitabira muri uyu mwaka w’2017, ku nshuro yaryo ya 9.

Ubwo bamenyeshaga abantu aho bigeze ubushize, yatangaje ko bamaze kwakira filimi 120, none ubu bakaba bamaze kwakira izisaga 150, ndetse imiryango ikaba igifunguye kugeza mu ntangiriro za Gicurasi, aho abakora filimi bose ku isi, by’umwihariko abo mu karere k’ibiyaga binini, bahamagariwe kuzana ibihangano byabo bitarenze tariki 7 Gicurasi 2013, bikazamurikirwa abakunzi ba Sinema.

Mu buryo umuhanzi wa filimi ashobora gukoresha atanga igihano, harimo kuba yabikorera kuri interineti, ariko agasabwa ko bitarenze tariki 25 Gicurasi yaba yagejeje DVD ku biro cyangwa se bagashyiraho umurongo wa interineti bashobora guhita baboneraho imiterere y’igihangano cyawe, mu rwego rwo korohereza ikipe izahitamo kubona filimi yawe byoroshye. Ubundi buryo, ni uko nyir’igihangano yakigeza ku biro bya Rwanda Cinema Center i Gaculiro .

Abasabye kwakirirwa ibihangano kuri interineti bakaba batarabyohereza, bazabona ubutumwa bubamenyesho ko DVD zabo zitaza, babyihutishe.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages